Miliyari ibihumbi 13 Frw zahererekanyijwe kuri telefoni mu mezi atandatu ya 2025
Banki Nkuru y’u Rwanda yagaragaje ko uburyo bwo kwishyurana hakoreshejwe ikoranabuhanga bukomeje kuba inkingi ya mwamba mu bukungu bw’igihugu, kuko amafaranga ahererekanywa muri ubu buryo ageze kuri 314% by’Umusaruro mbumbe…

