Urubanza rwa ‘Avocat’ ushinjwa gusambanya umwana rwahinduye isura
Abunganizi mu mategeko bandikiye Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga ko mu iburanisha ry’ubutaha hazamo abacamanza batatu bazakurikirana urubanza mu mizi ruregwamo mugenzi wabo ushinjwa gusambanya umwana kugira ngo uwo bunganira ahabwe…